OLIVIER
OLIVIER
Ses blogs
Articles :
412
Depuis :
02/05/2007
Categorie :
Technologie & Science
Articles à découvrir
Nyuma y’aho abantu batandukanye bari baragizwe akarande n’umuco wo gusiramura ab’igitsina gore, ubu noneho nyuma y’aho Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) rihagurukiye iki kibazo abakora ibyo muri Côte d’Ivoire batangiye guhanwa. Amakuru dukesha urubuga rwa Afrik53 aratangaza ko mu Cyumweru gishize mu gihugu cya Cô
Mu mirwano y’ingabo za Congo na M23 hari ibisasu byaguye ku butaka bw’u Rwanda
Nyuma y’aho imirwano hagati y’ingabo za Congo n’Umutwe wa M23 yongeye kubura, kuri ubu haravugwa ibisasu bya rutura bigera ku munani byaguye ku butaka bw’u Rwanda. Umunyamakuru wa IGIHE, uri hafi y’umupaka w’u Rwanda na Congo yabashije kugera hamwe mu haguye ibisasu, aho kugeza mu masaha ya saa moya z’ijoro ku mugoroba wo kuri uyu wa
Internet yatumye abana birirwa bareba amashusho y’urukozasoni
I Goma mu burasirazuba bwa Kongo, abana batarageza ku myaka y’ubukure birirwa bareba imbuga za interineti zerekana amashusho y’abakora imibonano mpuzabitsina. Usanga bamara amasaha menshi bibereye muri urwo, ubu igishishikaje ababyeyi ndetse n’abafite inzu zigurishirizwamo serivisi za internet (cybercafé) ni ugukaza umurego mu kubagenzura. K
Akanama ka Loni kateranye igitaraganya mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, nyuma y'ifatwa rya Goma aho hafashwe bireba M23 biyisaba kuva nta yandi mananiza kuva mu Mujyi wa Goma ndetse no gushyira intwaro hasi. Loni yashinje M23 kwibasira abasivili ndetse no kurasa ku Muryango w’Ababibumbye (mONUSCO) Olivier Muhirwa
Ikigo gishinzwe iterambere ry’Uburezi muri Amerika cyashyikirije Minisiteri y’Uburezi mu Rwanda, ibikoresho byo gukora studio izajya itanga inyigisho ku banyeshuri, binyuze mu majwi n’amashusho, kugirango ireme ry’uburezi rizamuke. Igikorwa cyo gutanga ibyo bikoreshwa gikomoka ku bufatanye buri hagati y’Umuryango wo muri Leta Zunze Ubumwe
Ku isaha ya saa munani z’ijoro irengaho iminota mike yo kuri uyu wa Gatatandatu tariki ya 17 Ugishingo nibwo kamwe mu tubyiniro kari kanzwi muri Kigali ka Cadillac kibasiwe n’inkongi y’umuriro.
Igitekerezo : Namusabye gatanya antegeka kumuterura ukwezi kose
Ijoro rimwe ubwo nari ntashye, umugore wanjye ashyashyana anzanira ifunguro rya nimugoroba, namufashe akaboko ndamubwira nti ” Hari icyo nashakaga kukubwira”. Aricara, afata ifunguro anteze amatwi atuje. Mwitegereje, mbona andebana indoro yuzuyemo agahinda. Ubwo nabuze aho mpera ngo ngire icyo mubwira. Ariko byari ngombwa ko mubwira ibyo nteker
Biciye ku rubuga rwa Leta y’u Rwanda, Leta ya Kigali yavuze ko isaba M23 na Leta ya Congo kureka gukomeza imirwano kuko itari kugira ingaruka mbi k batuye Congo gusa ahubwo n’abanyarwanda baturiye umupaka. Louise Mushikiwabo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda Kuri uyu wa 20 Ugushyingo umuvugizi wa Leta y’u Rwanda akaba na Ministre w’Ububanyi n